in

FDA yatangaje ko umuti uvura SIDA wageze mu Rwanda gusa Ibiciro byawo biteye ihahamuka

FDA yatangaje umuti witwa (Sunlenca) nyuma yo gukorerwa ubushakashatsi basanze uyu muti uvura Sida, ariko ibiciro byawo bizabona umugabo bisibe undi.

Ubu bushakashatsi bwakozwe ku moko abiri y’imiti, uwitwa Sunlenca nuwitwa Placebo.

87.5 by’abarwayi bahawe Sunlenca basanze virusi zaragabanutse mu mubiri nyuma y’iminsi 14.

Ugereranyije  16.3 by’abarwayi bahawe umuti wo mu bwoko bwa Placebo.

Nyuma yibyumweru 26 bongeye gupima babarwayi basanga 81% basanga ntavirusi bagifite mu mubiri.

Uyu muti umurwayi azajya ahubwa atewe urushinge ndetse n’ikinini kabiri mu mwaka buri mezi atandatu.

Gusa uwo muti ntabwo uzigonderwa na buri wese urwaye Sida kuko uwo muti ugura amadolari
42,250$

Hari kandi na Madolari 39,000 $ yo kubika neza iyo miti ahantu habigenewe.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ikomeye hano mu Rwanda kandi ihabwa amahirwe yo gutwara igikombe ishyizeho umuvugizi mushya

Ruhango; Abajura bitereye mu bicu nk’abatwaye igikombe cy’isi ubwo bumvaga imyanzuro ubuyobozi bwabafatiye