in ,

FC Barcelone ikaba yibitseho umukinnyi ukomeye akaba abaye umukinnyi wa mbere iguze amafaranga menshi

Nyuma y’igihe ikipe ya FC Barcelone yiruka ku musimbura wa Dani Alves,kuri ubu inzozi zibaye impamo nyuma yo kugura Nelson Semedo wakiniraga ikipe ya Benfica ukomoka mu gihugu cya Porugal.

Nelson Semedo

Uyu musore ukina nka myugariro ku ruhande rw’iburyo akaba yarazamutse neza mw’ikipe ye ya Benfica bikamuviramo gukinira ikipe y’igihugu ya Portugal mu mikino ya Confederations cup iheruka.

Ku myaka 23 gusa nubwo amafaranga yaguzwe ataratangazwa,hari amakuru ava mu gihugu cya Espanye yemeza ko ari we myugariro wagurwa amafaranga menshi n’iyi kipe.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Asinah yashyize hanze ifoto igaragaza amabere ye maze umwe mu bafana be amwifuriza urugendo rwiza rugana ikuzimu

Kim Kardashian yashyize hanze ifoto bamwe bavuze ko yihindurishije isura kugirango yiyoberanye (yirebe hano)