in

Exclusive: As Kigali imaze gusinyisha Rutahizamu M.Sarpong

Rutahizamu wanyuze muri Rayon Sport ndetse akaza kwigarurira imitima ya benshi muri Gikundiro yaje kwerekeza hanze aho byaje kutagenda neza .

Nkuko bimaze iminsi bivugwa ko Sarpong ategerejwe muri As Kigali mu rwego rwo kongerera ingufu abataha izamu .

Kuri uyu munsi Sarpong yamaze kumvikana na As Kigali kuyikinira amezi 3 ashobora kongerwa mu gihe impande zombi zabyumbikanye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Issa New Boy wamamaye ku izina rya INYOGO YE yasezeranye n’umugore we (video)

Umugore yapfuye ubwo yageragezaga guterura icyuma cy’ibiro 400 muri gym.

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO