in

Exclusive: As Kigali imaze gusinyisha Rutahizamu M.Sarpong

Rutahizamu wanyuze muri Rayon Sport ndetse akaza kwigarurira imitima ya benshi muri Gikundiro yaje kwerekeza hanze aho byaje kutagenda neza .

Nkuko bimaze iminsi bivugwa ko Sarpong ategerejwe muri As Kigali mu rwego rwo kongerera ingufu abataha izamu .

Kuri uyu munsi Sarpong yamaze kumvikana na As Kigali kuyikinira amezi 3 ashobora kongerwa mu gihe impande zombi zabyumbikanye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Issa New Boy wamamaye ku izina rya INYOGO YE yasezeranye n’umugore we (video)

Umugore yapfuye ubwo yageragezaga guterura icyuma cy’ibiro 400 muri gym.