in

Ese washatse undi mugore? Clapton Kibonke yateje urujijo mu bantu nyuma yo kwibaza impamvu batamutahiye ubukwe yakoze muri iyi minsi – AMAFOTO

Umukinnyi wa filime nyarwanda z’urwenya Mugisha Emmanuel uzwi ka Clapton Kibonke akomeje kwibaza imbamvu abantu batatashye ubukwe yakoze muri iyi weekend ishize.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze,  Clapton Kibonke yashyizeho amafoto yambaye ikote ari kumwe n’umukobwa wambaye ikanzu y’ubukwe maze aherekezaho amagambo agira ati “Ko mutantahiye ubukwe?”.

Gusa ikigaragara ni uko ubu bukwe ari amwe mu mashusho yo muri filime Seburikoko aba bombi bakinamo kubera ko Kibonke asanzwe afite umugore uzwi banabyaranye abana babiri.

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Paris Saint Germain igiye kurega Chelsea mu rukiko

Inkuru itari nziza ku bafana ba Chelsea ikaba nziza kuri Arsenal; Arsenal yitoranyirije uwari mwiza muri Chelsea