in

Ese wari uziko hari igihugu kitagira ikipe y’igihugu! Menya igihugu kimwe rukumbi kitagira ikipe y’igihugu

Ese wari uziko hari igihugu kitagira ikipe y’igihugu! Menya igihugu kimwe rukumbi kitagira ikipe y’igihugu.

Umupira w’amaguru ni kimwe mu bintu bituma abantu basabana ndetse ibihugu byubaka ubucuti hagati yabyo binyuze mu makipe y’ibihugu, gusa biratangaje aho isi igeze aha kuba hari igihugu kitagira ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru.

Igihugu kimwe rukumbi kitagira ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ni ibirwa bya Marshall, iki gihugu giherere muri Oceania.

Ugendeye ku mabarura yagiye aba, iki gihugu gituwe n’abaturage barenze ibihumbi 42 p. Gusa kuri ubu Ubuyobozi bw’iki gihugu buvuga ko bugiye gushaka uko iyi kipe yabaho.

Barateganya ko ikipe yabo y’igihugu izaba yitwa ‘Bitar’, uyu mwambaro niwo bateganya ko izajya yambara.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubukene muri Kigali buratuma bakora ibidakorwa! Kicukiro umugabo yatawe muri yombi ari gucukura imva mu irimbi ashakamo amaramuko

Prince Kid abitekerezeho! Ddumba yagiriye Prince Kid inama yo kwitanga agafungwa imyaka 5 gusa agasiga akoreye umugore we ikintu kidasanzwe