in

Ese uzamwibukira kuki? Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ibye muri ruhago bigiye gushyirwaho akadamo -AMAFOTO

Ese uzamwibukira kuki? Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi ibye muri ruhago bigiye gushyirwaho akadamo.

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Usengimana Dany wakiniraga ikipe ya Police FC ubu yerekeje ku kibuga cy’indege i Kanombe akaba yerekeje ku mugabane w’Amerika mu gihugu cya Canada.

Uyu musore ntakindi cyimujyanye muri Canada uretse gusangayo umugore we utuye muri iki gihugu bikaba bivugwa ko uyu rutahizamu ibyo kuba yakomeza guconga ruhago biri ku kigero cya 50% nk’uko umunyamakuru Antha dukesha iyi nkuru yabitangaje.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibise byo biragarukirahe?: Inkuru itaryoheye amatwi y’abakunzi ba Rayon Sports yatangajwe na Perezida wayo yatumye bamwe mu bakunzi b’iyi kipe batangaza amagambo akakaye

Mbega ibintu bishimishije: Ingabire Yvonne yagaragaye ibyishimo byamurenze maze acishamo anywera mu bintu abana b’abakire bumva mu matangazo -AMAFOTO