in

Ese uracyanywa amazi ugiye kujya kuryama ni joro? Niba ujya uyanywa iyi mesaje ni iyawe

Ubushakashatsi bwakozwe na kaminuza yo mu Bwongereza bwagaragaje ko kunywa amazi mbere yo kuryama atari byiza nagato.

Buvuga ko iyo umuntu anywa amazi agahita ajya kuryama ari bimwe mu bimutera kubangamirwa mu mubiri bityo bigatuma adasinzira neza ndetse n’umubiri nturuhuke neza.

Ibyo kandi nibyo bituma ahorana umunaniro ukabije kuko umubiri we uba utaruhutse neza, kandi ibi nibyo bituma abantu bakunda uburiri ugasanga mu gitondo ntibashaka kubyuka kuko baba baraye batameze neza.

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Karenzo gaspard
Karenzo gaspard
1 year ago

Nivyiza

Abagore n’abakobwa turi benshi nta wundi mubare dushaka, abakobwa bakomeje gutakamba nyuma y’ibyo abasore bari kubakorera 

‘Uri mwiza kanyagwe’ Umuhanzikazi Ariel Wayz yavugishije abarenga 200 kubera ifoto iteye ubwuzu yashyize ku rubuga nkoranyambaga rwa Instagram (ifoto)