in

“Ese turapfa kangahe se? Kadafi Pro yabajije umuntu wamubitse we na Rocky Kimomo ngo bapfuye

Kadafi Pro ukora umwuga wo gufotora ndetse akaba aba byahafi Umusobanuzi Rocky Kimomo, yihanangirije umuntu wababitse ko bapfuye kandi bakiri bazima.

Umuntu ukoresha Facebook yagiyeho arandika ati: “Ahagana saa 21 Pm z’umugoroba ahitwa mu Gasyata habereye impanuka ihitana abantu 2 aribo Kadafi Pro na Rocky. Bivugwa ko Rocky ariwe wari utwaye.”

Nyuma y’ayo magambo, uwakoze iyo post yishyiriraho link ya video kugira ngo yibonere views ziturutse kuri icyo kinyoma.

Kadafi utajya aripfana yaje kubona iyo post maze yifashishije story ye ya Instagram ashyiraho screenshot ya ya post ibabika.

Nyuma yo kuyishyiraho yahise yongeraho amagambo agira ati: “Ese Turapha kangahe se? Basi muduhe amahoro.”

Written by OLIVIER

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. +250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umubyeyi wa Mugabekazi Lily yishyize mu byago kugira ngo Lily arekurwe

Wayne Rooney yibasiye bikomeye Mbappe wibyimbya cyane