in

Ese mama yaba agiye gukina muri Inter Miami? Jacques Tuyisenge ari kubarizwa aho Messi ari kwandikira amateka -AMAFOTO

Ese mama yaba agiye gukina muri Inter Miami? Jacques Tuyisenge ari kubarizwa aho Messi ari kwandikira amateka.

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Jacques Tuyisenge wakiniraga ikipe ya AS Kigali umwaka ushize w’imikino yagaragaye ari kurya aye yakoreye ku mucanga i Miami muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika aho nimero ya mbere ku Isi Lionel Messi ari kubarizwa muri iyi minsi.

Amafoto:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Sawa sha komeza sinza kujyemurira”: Yampano yikubise icyana bituma bamwe mu bakunzi be batangira kumugira inama bitewe nibyo bakoraga bishobora kumukoraho -AMAFOTO

Ibyayo ibikora bucece: AS Kigali yaguze abakinnyi b’ikipe y’igihugu bifuzwaga n’amakipe akomeye cyane mu Rwanda -AMAFOTO