in

Ese bako imyenda y’imbere ibatwara iki! Umukobwa yagaragaye mu kabyiniriro arimo abyina azunguza igice cyo hejuru yambaye ikanzu y’akayungiro gusa ntakozwa utwenda tw’imbere – videwo

Ese bako imyenda y’imbere ibatwara iki! Umukobwa yagaragaye mu kabyiniriro arimo abyina azunguza igice cyo hejuru yambaye ikanzu y’akayungiro gusa ntakozwa utwenda tw’imbere. 

 

Videwo ikomeje gucicikana ku mbuga nkoranyambaga ndetse yanavugishije benshi ni videwo y’umukobwa wagiye mu kabyiniriro atambaye isutiye ndetse akagaragara abyinisha ibice bye by’umubiri.

Ku mbuga nkoranyambaga abantu bakomeje kwibaza niba mu myenda y’imbere inganda zisigaye ziyikora harimo ibibyabwoya, ku buryo iyo bayambaye bibarya, kuko ingeso yo kujya mu ruhame batambaye imyenda y’imbere imaze kuba kimomo.  Reba Videwo.

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Burya koko aho yaciye ntihaca urwango! Teta Sandra n’umugabo we Weasel bagaragaye basomana muruhame nyuma y’igihe Weasel yaramugize nk’ingoma y’Abaporoso -AMASHUSHO

‘Sunika simbabara’ Abana b’abakobwa bari hagati y’imyaka 12-16 babaye indaya ruharway [kwicuruza] ndetse banihaye akazina ka Sununika Simbabara