in

Erik Ten Hag yahumurije abafana ba Manchester United badutswemo n’icyorezo

Umuhorandi Erik Ten Hag utoza Manchester United yahumurije abafana b’iyi kipe nyuma y’uko abafana b’iyi kipe imitima yaguye mu manga.

Mu ijoro ryakeye Ikipe ya Manchester United yanganyije na Crystal Palace igitego kimwe Kuri kimwe.

Ubwo Casemiro yerekwaga ikarita y’umuhondo azira gutega Zaha

Icyashavuje abafana ba Manchester United ni ikarita y’umuhondo yeretswe Casemiro ku munota wa 80 kuko iyi karita yatumye Casemiro azasiba umukino uzahuza Manchester United na Arsenal ku cyumweru.

Ten Hag ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru NBC sports yahumurije abafana ba Manchester United bari batangiye kwiheba Ten Hag yagize ati ” igihe cyashize , twatsinze Arsenal nta Casemiro. Icyi gihe dufite gukora ibisa nk’ibyo twakoze.

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Lionel Messi yongeye guhumurirwa n’ubutaka yakoreyeho amateka ubwo yasubiraga muri Qatar

Kylian Mbappe ashobora kuva muri PSG akigendera