in

Erik Ten Hag atwaye igikombe cya mbere muri Manchester ahita arusha Ole Gunnar Solskjær ibikombe

Erik Ten Hag umutoza mushya wa Manchester United atwaye igikombe cye cya mbere muri Manchester United ku mukino we wa mbere atoje ndetse akaba afite clean sheet imwe mu mukino umwe kugeza ubu.

Mu mukino bakinnyemo na Liverpool yatsinzemo ibitego 4 kubusa aho Manchester United yahise itwara igikombe bitaga Bangok ndetse hakaba harimo amafaranga menshi dore ko no kwinjira ku mukino byari byihagazeho.

Kugeza magingo aya ku mukino wa mbere Ten hag aracyafite amanota ye yose dore ko yatanze ibyishimo bitari biherutse i Manchester.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi Mico The Best yamaze kwibikaho imodoka ihenze cyane yihenura kuwamwimye lift

Abantu bumiwe babonye uwahimbazaga Imana avuye mu busambanyi(Video)