in

“Erega ntumurenganye hari igihe wasanga imashini ye iteguka”! Amafoto mashya ya King James akomeje gukundwa cyane, gusa abenshi bari gukururwa n’ibitekerezo bari kuyatangaho bitewe n’ukuntu agaragara

Umuhanzi uri mu bakunzwe hano mu Rwanda uzwi kw’izina rya King James akomeje gutangaza benshi bizaza impamvu adashaka umugore.

Abinyujije kurukuta rwe rwa X yashyizeho amafoto yambaye imyambaro ifite amabara asa maze abakunzi batangira ku muganiraho bibaza impamvu ashaje nta mugore ndetse nta n’umwana.

Dore bimwe mu bitekerezo byatanzwe.

 

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Hagowe umugore wawe! Kwizera Olivier yashyize hanze ifoto yambaye akenda k’imbere gusa bituma akanga abagore bitewe n’ingano y’icyo babonaga – ifoto

Havumbuwe ubundi bwoko bushya bw’ibikeri muri Pariki y’Igihugu ya Nyungwe -AMAFOTO