in ,

“Emmy ntari mu buyobozi bwa MIE Empire”,”Niyo Bosco yambwiye ko agiye ahantu heza ndamubwira nti genda ntakibazo mwanawa”amagambo ya M IRENE atangaje nyuma yibikomeje kugenda bivugwa.

CE0 wa MIE Empire M Irene atangaje byinshi kubijyanye nibiri kugenda bivugwa mu gutandukana na Niyo Bosco.

Mu kiganiro yagiranye na RBA M Irene yatangaje ko atigeze atanduka na Niyo Bosco kuko n’ubundi azajya umufasha mu buryo bwose bishoboka byumwihariko gukwirakwiza indirimbo nshya yasohoye ibizwi nka Share, abajijwe ku bijyanye nibyo umunyamakuru ukorera kimwe mu bitangazamakuru byandika hano mu Rwanda yatangaje avuga ko Niyo Bosco yatandukanye na MIE kubera ibyo bamusezeranyije butashyize mu bikorwa nk kutamuha 30% y’ibyo binjije kuri YouTube ndetse no kumukorera indirimbo,CEO wa MIE yavuze ko uwo munyamakuru atari mu buyobozi bwa MIE Empire ngo niba abantu bashaka kumenya ukuri bajye gukurikirana ikiganiro MIE Empire yagiranye na Niyo Bosco,aho niho yongeye gutangaza ko Niyo Bosco ari umuhanzi ukuze kandi uzi icyo gukora, abajijwe niba yaba Niyo Bosco yaba yaramubwiye aho agiye kwerekeza M Irene yirinze kuhatangaza gusa avuga ko ari ahantu heza ndetse anatangaza ko akimara kuhamubwira yamubwiye ati:”genda ntakibazo mwana wa”, nanone abajijwe niba bitazasubirana nkuko byagenze kuri Vestina na Dorcas yavuze ko batazasubirana kuko batandukanye ndetse ko Niyo Bosco amubaza ati:”ese akazi kabaye kenshi nze nkufashe papa”.

Kugez’ubu ntago Niyo Bosco watandukanye na MIE yari yatangaza aho agiye kwerekeza nubwo M Irene avuga ko ari heza cyane.

 

Written by Clever Tuyishime

Written by CLEVER TUYISHIME

Niba ufite inkuru cg inkuru itakunyuze wampamagara cg ukanyandikira kuri WhatsApp:+250789221075

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibihembo bya Kiss Summer Awards birabura amasaha macye ngo bitangwe, dore abayoboye abandi

Urugendo rw’ikipe y’igihugu Amavubi mu gushaka tike yo kujya mu gikombe cy’Africa rurangiriye muri Mali