in

Element yahawe ikaze na Harmonize mu muryango w’abasore bigumuye

Element yahawe ikaze na Harmonize mu muryango w’abigumuye

Byakunze kumvikana kenshi Harmonize ahamya ko asezeye iby’inkundo ubwo yatandukanaga n’umukunzi we Frida Kajala mu mezi yashize, kugeza na nubu uyu muhanzi nta wundi mukobwa barajya mu rukundo.

Ni muri ubwo buryo producer akaba n’umuhanzi Element Eleeh ubwo yari ari muri gym ari guterura ibyuma biremereye yakoresheje indirimbo ya Harmonize yitwa ‘single’ bisobanuye umuntu udafite umukunzi.

Nyuma yo kuyikoresha yahise ataginga Harmonize n’uko Harmonize na we ahita asubiza amuha ikaze mu muryango w’abasore badafite abakunzi.

Nk’uko byagiye bigaragara Harmonize ndetse na Element basigaye bafitanye ubushuti budasanzwe kuva igihe uyu muhanzi aherukira mu Rwanda.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibi bimenyetso bizakwereka ko uri mu rukundo rw’agahararo( nubibona uzahite uruvamo hakirikare)

Nimwonke! Fofo wo muri Papa Sava ari mu byishimo byo kwibaruka