in

Element indirimbo ya mbere akoreye muri 1:55 AM entertainment ikomeje kubica bigacika -Videwo

Umuhanda mu gutunganya umuziki hano mu Rwanda Element akaba aherutse gutandukana na County Record yarebereraga inyungu ze kuri ubu yashyize hanze indirimbo nshya.

Uyu mugabo aherutse gusinyira Inzu ireberera inyungu z’icyamamare hano mu Rwanda ndetse no hanze yarwo Bruce melodie izwi nka 1:55 AM entertainment .

Uyu munsi nibwo hasohotse amashusho y’indirimbo ya mbere Element akoreyeyo iyo ndirimbo ikaba ari iya Bruce melodie yitwa “Celebura”.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Harmonize yashituwe n’amafoto ya Ariel Wayz bituma avuga ikimuri ku mutima -AMAFOTO

Mu ikanzu y’umweru dede n’inkota mu ntoki Cristiano Ronaldo yifatanyije n’abaturage ba Arabia Saudite mu birori _ AMAFOTO