in ,

Eden Hazard yasabye ibintu 2 gusa Chelsea ngo abone gukatira Real Madrid

Eden Hazard w’imyaka 26 uri kuvugwa cyane ko yava muri The Blues akigira muri Real Madrid imaze igihe imushakira hasi hejuru nyuma y’aho baboneye ibyo ari gukora mu Bwongereza.

Eden Hazard yasabye ibintu 2 Chelsea FC ,kimwe ni ugutwara Premier League bafite amahirwe menshi yo kwegukana aho barusha iya 2 amanota 4 habura imikino 4 gusa.Icya kabiri ni ukugura neza muri mercato itaha ikazana abakinnyi batyaye kandi b’amazina akomeye kuko agiye muri Real nubundi yaba asanze abakinnyi bakomeye.

Antonio Conte uherutse no guhamya ko uyu mubiligi azaguma muri Chelsea nyuma y’aho bakoranye neza iyi saison bakubaka iyi kipe ya Chelsea ihagaze neza uyu mwaka.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Lionel Messi n’abakunzi be bahuye n’ibyishimo batari bigeze bateganya muri uyu mwaka

ISI IRASHAJE-Umugabo wahoze ari umugore yatewe inda n’umugore wahoze ari umugabo