in

Dutemberane muri Ange Saloon Spa and Boutique, iwabo w’ibisubizo ku bantu bafite ibibazo by’indwara z’uruhu zose

Abantu benshi bagira ibibazo by’indwara z’uruhu ugasanga bagira isoni zo kujya aho abandi bari kubera ipfunwe ry’uruhu rwabo ruba rutagaragara neza.

Uyu munsi, Yegob twahisemo kugutembereza muri Ange Saloon Spa and Boutique, iwabo w’ibisubizo ku bantu bafite ibibazo by’indwara z’uruhu, abafite uruhu rukanyaraye, inkovu zanze gukira ndetse n’ibindi byinshi bijyanye no kwita ku ruhu.

Muri Ange Saloon Spa and Boutique hari amavuta akomoka ku bimera, avura cyane ibiheri, inkovu, amabara ku ruhu aterwa no kwisiga hydroquinone(mukorogo), ndetse n’ayoroshya mu ntoki n’ibirenge hakomeye.

Ndetse kandi hari Glycerine (Giriserine) nziza z’ibimera, zivanze n’amavitamine atandukanye wavangira mu mavuta yawe usanzwe wisiga ubundi ukarushaho kugira uruhu rwiza, ugakira n’indwara z’uruhu.

Ange Saloon bakogereza uruhu rugasubirana itoto, ibiheri, amabara ku ruhu bigakira mu gihe gito cyane. Ndetse kandi bafite ibikoresho byiza bigezweho bakoresha mu kuvura izo ndwara twavuze haruguru.

Imashini ikiza ibiheri mu maso

Ku bantu bakeneye isuku ku mubiri, (nko ku bantu batifuza ubwanwa, abatifuza ubwoya buri ku mubiri nko mu kwaha, ku maguru, ubukikije igitsina) bose barabafasha bukagenda nka nyomberi.

Muri Ange Saloon Spa bakogereza uruhu rwo mu maso rugasubirana itoto

Si ibyo gusa kuko bafite ibimera bituma umusansi ukura kandi utoshye, ndetse kandi batanga ubujyanama ku buntu, ku bijyanye n’ibibazo by’iminsi, ibinya, Diabete, hypertension(umuvuduko w’amaraso), umutwe udakira, Food supplement (itunganya mirire), byose bakurangira igisubizo kandi ukahava unyuzwe.

Muri Ange Saloon Spa hakorerwa massage y’amabuye imenyerewe mu Bushinwa Bushinwa,

Ibi byose bakoresha, babyikurira ku ruganda aho barangurira hatandukanye ku muganane wa Asia nko mu Buhinde, mu Bushinwa ndetse na Dubai.

Muri Ange Saloon Spa bakoresha imashini kabuhariwe bikurira ku mugabane wa Asia ndetse na Dubai

Ange Saloon Spa and Boutique, wabasanga mu isoko rya Nyarugenge, mu nyubako ya mbere, ukinjira GF 45 na 331 iruhande rwa COPEDU. Ku bindi bisobanuro wabasanga kuri nimero: 0781904532/ 0784048537, (whatsapp:0788 538 135). 

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amakuru agezweho muri siporo: Ikipe y’igihugu Amavubi ibabajwe n’ikipe y’igihugu ya Uganda

Yari nshuti ye magara: Umwalimu yishe inshuti ye ahita yijyana kuri polisi