in

Dore uko wamenya niba umugore agira amavangingo urebeye mu biganza n’agatsintsino

Amavangingo ni ikintu abagabo benshi batekerezaho mu gihe cy’akabariro, niyo babonye abagore b’ibishongore cyangwa abakobwa batambuka, bagaruka kuri iyi ngingo cyane cyane iyo bamwitegereje bakamubonaho ibi bimenyetso bikurikira, bakagira bati “uriya mugore, uriya mukobwa ni mwiza yanyara”.

Ibiganza

Umugore ufite mu kiganza cyangwa intoki zoroshye cyane, usanga abagabo bamwibazaho ndetse ntibashidikanye kuvuga ko ashobora kuba anyara mu gihe cy’imibonano.

Agatsintsino

Abagore bafite agatsitsino karenga inyuma kandi korohereye nabo bagarukwaho cyane. Ni ihurizo rikomeye ritapfa korohera buri wese gusuzuma, ariko bene aba bagore bagafite usanga nabo abagabo babibazaho ndetse bakanabifuza kuko ngo baba banyara mu gihe cy’imibonano.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa wari wikoranye ubukwe yihaye gatanya hashize amasaha 24 (AMAFOTO)

Abashakanye gusa: Ese umugore utwite aranyanzwa? Ese bikorwa bite mu gihe k’imibonano mpuzabitsina – Sobanukirwa