Imyidagaduro
Dore uko umuhanzikazi Young Grace akomeje kwanga kwambara bifite icyo bihatse (amafoto)

Kwiyambura ubusa kwa Young Grace agatora inkoko akayikinga ku myanya y’ibanga n’ibisate by’ibicuma akabikinga ku mabere,YEGOB.RW yabashije kumenya ko bihatse kwamamaza  indirimbo ashaka ko izaba ari agatangaza.
Umuhanzikazi Young Grace yakuyemo imyenda maze agabanya isoni akoresheje gakondo
Imwe mu nshuti za Young Grace yatangarije YEGOB.RW ko  itazi neza niba abikora yigana gusa ngo ibyo akora arabizi kandi ntapfunwe bimutera .
Iti” Grace ntabwo nzi niba yaba abyigana gusa ubona ibyo akora abizi ndetse akabikorana icyizere cyinshi,kandi ubona ntasoni abifitemo ndetse n’igihe afotorwa ariya mafoto wabonaga ntakibazo bimuteye gukuramo isutiya ….[] gusa byose arabikorera ngo indirimbo yise “Habayeho” Â ”
Ni byo koko Young Grace afite indirimbo nshya yise “Habayeho” ndetse we ubwe nk’uko yongeye kubyereka abafana be ,yifashishije indi foto isa n’iyamamaza iyo ndirimbo ye ,ifoto imugaragaza  yicaye ariko ubona atambaye gusa yahishe icyubahiro cy’abagore n’inkoko n’ibicuma ndetse yanditseho iti”HABAYEHO” by Young Grace  ” Nawe ubwe yiyandikiye ati ” ikindi gihangano kiri munzira ….Habayeho”
-
Imyidagaduro10 hours ago
Bahavu Jannet wamenyekanye nka Diane muri city maid yakoze ubukwe (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Ndimbati yambitse impeta Shaddyboo ubwo bari muri studio za RBA (amafoto)
-
Imyidagaduro8 hours ago
Kimenyi Yves yateye ivi asaba Miss Uwase Muyango ko yazamubera umugore (amafoto)
-
Imyidagaduro2 days ago
Junior Giti yakije umuriro kuri PK wamwibasiye|Avuga ko namufata bazakizwa na RIB.
-
Izindi nkuru2 days ago
Wa mukobwa mwiza wari utegereje gupfa Imana iramutabaye| Abagiraneza bamufashije kujyanwa kwa Muganga| Josiane
-
Izindi nkuru1 day ago
Umusore n’umukobwa bemeye kwihambira iminyururu amezi 3 ngo basuzume urukundo rwabo.
-
inyigisho9 hours ago
Dore ibintu bibabaza abagore bikabatera kwibaza ukuntu babaye amasugi kandi bafite abagabo.
-
Imyidagaduro2 days ago
Umuhanzi Platini biravugwa ko agiye gukora ubukwe mu ibanga rikomeye.
hhhhhhhhhhh!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!!
arko uyu ni umusazi
asyii kireke gutera abantu umwaku
Wareka kuyireba c, njye mwaranyobeye kbsa mugira urwango ntazi iyo ruva kdi iyaba ari Rihanna muba mukomye amashyi.