in

Dore uburyo wamenya ko umusore yaryamanye n’abagore benshi

Dore uburyo wamenya ko umusore yaryamanye n’abagore benshi.

Hari ibintu byinshi bishobora kukwereka ko umusore akunda kuryamana n’abagore benshi.

1.Mu gihe cyo gutera akabariro ntajya acika intege kuko aba yarabizobereyemo.

2. Ahora yumva ashaka ko mwakora imibonano mpuza bitsina iyo atagukunda, gusa iyo agukunda akenshi atinya kubikubwira.

3. Nubwo aba ashaka ko mukora imibonano mpuzabitsina kenshi ariko ntago akunda ibiganiro bibivugaho, ni mugihe abasore b’imanzi bo bakunda kubiganiraho cyane.

4. Mbene aba basore iyo muri kubiganiraho uba ubona ntasantima babifitiye, gusa we aba yumva mwajya mu gikorwa.

5. Aba basore baba bakunze guhamagarwa n’abagore cyane kurenza uko bahamagarwa n’abandi bantu.

6. Aba basore akenshi baba ari abasongarere kuko usanga batunzwe n’amafaranga bahabwa n’abagore bakuze.

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: APR Fc yongeye kwerekana undi munyamahanga yasinyishije ku mugaragaro (Amafoto)

Milton Kalisa yamaze kumvikana n’ikipe ikomeye hano mu Rwanda nyuma yo kuvugwa muri APR FC ariko ubuyobozi ntibumuvugishe