in ,

Dore uburyo wacecekesha Cashpower irimo kugusakuriza

Ikigo gishinzwe Ingufu(REG) kigira inama abantu, gukanda umubare 812 hanyuma ukemeza nk’uko ifoto ibigaragaza, rya jwi ryasakuzaga rihita rigenda.

Uwitwa Ntirushwa utuye ku Gisozi avuga ko hari igihe kashi pawa ibabangamira bakagera ubwo bacomora intsinga z’umuriro zijyamo, bakayica mu gihe baba batarabona amafaranga yo kugura undi muriro.

Ntirushwa agira ati “Kashi pawa hari ubwo igeraho ikabuza n’abana gusinzira, bikaba ngombwa ko ducomora intsinga.”

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu niwe mukinnyi Amavubi yabuze! Imikinire ya Dogiteri Nsabi mu buzima busanzwe atari gukina comedy ikomeje gutuma benshi bavuga ko ariwe mukunnyi uzajyana u Rwanda mu gikombe k’isi

Ingano y’amafaranga ikipe ya Rayon Sports yinjije ku mukino yasezerewemo n’ikipe ya Al Hilal Benghazi yatunguye benshi