in

Dore impamvu udakwiye kogosha imyanya y’ibanga

Bamwe mu bantu bakunze kugaragaza ndetse no kwemeza ko kogosha imyanya y’ibanga ari isuku ikwiye kuranga buri muntu wese ariko abandi nabo bakazana imibare n’ibimenyetso ko kogosha iyo myanya y’ibanga ari bibi cyane.

Nkuko tubikesha umuhanga Dr. Emily Gibson, MD, avuga ko umuntu atagakwiye kogosha ku myanya y’ibanga kuko uwo musatsi uba uriho, ni nk’ishyamba riturinda ibikoko nka bacteria ndetse n’ibindi bitandukanye bishobora kwinjira mu mubiri w’umuntu.

Bamwe mu banyamerika basigaye baranze kogosha imyanya y’ibanga yabo kuko uretse kuba banga ko bashobora gukomereka bikaba byatuma Bacteria zinjira muri ibyo bisebe, kutogosha imyanya y’ibanga kuri bamwe mu bakobwa bituma bagaragara nkaho bari sexy.

Ikindi kandi kiza cyo kutogosha imyanya y’ibanga, ni uko mu gihe cyo gutera akabariro byongera ibyishimo hagati y’abari muri icyo gikorwa.

Uyu waba ari umuco w’ahandi ariko buri wese n’icyo yimenyereje ndetse n’impamvu ze, gukorera isuku imyanya y’ibanga ni ingenzi kandi kuba waba ubikora ntukwiye kibihagarika kubera ibi byavuzwe haruguru.

Umwanzuro ndetse n’impamvu ni ibyawe musomyi.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bakobwa, dore ikintu umusore mukundana ahora yifuza kuri wowe

Akubwana ntikabura, uko Mbappe yitwara muri PSG birasekeje (Video)