in ,

Dore ikimenyetso gikomeye cy’ubucuti budasanzwe bw’umuryango wa Producer Clement n’uwa Tom Close (amafoto)

Umuryango wa Producer Clement n’uwa Tom Close ni imwe mu miryango y’ibyamamare bikomeye cyane hano mu Rwanda. Iyi miryango ikinze kugarukwaho hirya no hino mu bitangazamakuru bitandukanye bitewe n’umuziki bose bakorera muri label ya Kina Music Producer Clement abereye umuyobozi mukuru.

Mu minsi ishize ubwo Producer Clement n’umufasha we Knowless buzuzaga isabukuru y’umwaka umwe bamaze babana hagaragaye amafoto ku rubuga rwa Instagram y’abagize umuryango wa Tom Close bari baje kwifatanya n’umuryango wa Producer Clement kwishimira ndetse no kwishimana nabo mu mwaka umwe bamaze babana ndetse no kubifuriza imigisha myinshi mu yindi myaka basigaje imbere.

Iyi niyo foto y’abagize umuryango wa Tom Close bari kumwe n’abagize umuryango wa Producer Clement ubwo barimo kwishimira umwaka umwe bamaze babana

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru ishyushye-Nyuma yo kuva bibabaje mw’ikipe ya FC Barcelone,Neymar ayitwaye no mu nkiko (Impamvu)

Nyuma yo gutsindwa n’ikipe ya Real Madrid Jose Mourinho yakoze igikorwa cyiza cyakoze ku mitima ya benshi