in ,

Dore igeso eshanu (5) itsinda Tough Gangs yatoje urubyiruko rw’abanyarwanda kugeza ubu izo geso zirikwagiza abatari bake.

Itsinda Tough Gangs ni itsinda rimaze imyaka 13 ribayeho ryahinduye byinshi mu Rwanda yaba imyumvire yinjyana ya HIP HOP kugeza ubu abantu basigaye bayifata nk’injyana nk’izindi , aho niho abenshi babashimira urwego bagejejeho injyana yabo batagije mu Rwanda iri tsinda ryatagijwe n’abasore batanu aribo    P-FLAY, JAY POLLY ,FIRE MAN , GREEN P ndetse na BULL DOG aba basore ubu baranshwanye itsinda magingo aya ntirikibaho ariko barananengwa cyane ko hari imico basigiye urubyiruko kugeza ubu iyo mico ariyo iri kumuga u Rwanda rwejo arirwo urubyiruko

Iritsinda kugeza ubu buri muntu akora ukwe ndetse n’imyinjirize iratandukanye yewe hari n’abavugako bose icyabatanyije ari amafaranga biturutse kuri bamwe muri bo bagendaga babona amasezera abaha amafaranga buri muntu kugiti cye bityo abatarabonaga aho bakura amafara bigenda byica umubano wabo bitewe nuko bamwe bateraga imbere abandi basubira inyuma.

Reka tugaruke ku mico mibi basigiye urubyiruko rw’abanyarwanda

itsinda TOUGH GANG bakora ikimenyetso cyaboi ''T''
itsinda TOUGH GANG bakora ikimenyetso cyaboi ”T”

Batumye urubyiruko rwiyumvamo ibiyobya bwenjye biyita ngo ni aba tough ntawutazi iryo jambo aho rigejeje urubyiruko ubu dore ko umubare wabankwa ibiyobya bwenjye uri kwiyogera

Kwaga abandi bahanzi babiyita ko injyana ya mbere ari hip hop ugasanga abandi bahanzi babita nmgo ni abatinganyi bityo umubare wabakunda hip hop ugenda wiyogera

Bigishije urubyiruko kwambara imyenda itiyubashye ndetse imvugo ikanjyana n’injyendo bagenda nk’ibimuga yewe imyenda igeraho ibitirirwa nk’urugerao hari imyenda yo heru yiswe ngo ni FIRE MAN ndetse n’ibimentso by’itsinda ryabo biracicikna

Batoje urubyiruko kuvuga imvugo nyandagazi biturutse kumagambo bakoresha mubihagangano mbyabo bityo buri munyarwanda kugirango yumve ibihangano akabanza gusobanuza ayo magambo agera aho ahunduka imvugo y’urubyiruko kugeza ubu.

Ubutumwa bwanyuma bagiye banyuza mu ndirimbo zabo harimo kumvisha buri muhanzi w’umunyarwanda ko kuririmba buri gihe utagirana n’ibibazo ndetse bagiye babinyuza munzira zitari nziza ubwabo bakoresha imvugo nyandagazi ,basebanya ubwabo yewe bizanokugera ku rwego ubwabo batukana kurwego rwo hejuru.

https://www.youtube.com/watch?v=AJJwvcXTfU0

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Batwise abatinganyi, badushyigira abagore tutazi, ndetse banatunkwesheje inzoga n’urumogi aya ni amagambo umuhanzi KITOKO ubwe yivugira :(+VIDEO)

Abakunzi ba Tom Close berekanye indirimbo ye yambere y’ibihe bye byose izahora ikunzwe (+VIDEO)