Imyidagaduro
Dore igeso eshanu (5) itsinda Tough Gangs yatoje urubyiruko rw’abanyarwanda kugeza ubu izo geso zirikwagiza abatari bake.

Itsinda Tough Gangs ni itsinda rimaze imyaka 13 ribayeho ryahinduye byinshi mu Rwanda yaba imyumvire yinjyana ya HIP HOP kugeza ubu abantu basigaye bayifata nk’injyana nk’izindi , aho niho abenshi babashimira urwego bagejejeho injyana yabo batagije mu Rwanda iri tsinda ryatagijwe n’abasore batanu aribo   P-FLAY, JAY POLLY ,FIRE MAN , GREEN P ndetse na BULL DOG aba basore ubu baranshwanye itsinda magingo aya ntirikibaho ariko barananengwa cyane ko hari imico basigiye urubyiruko kugeza ubu iyo mico ariyo iri kumuga u Rwanda rwejo arirwo urubyiruko
Iritsinda kugeza ubu buri muntu akora ukwe ndetse n’imyinjirize iratandukanye yewe hari n’abavugako bose icyabatanyije ari amafaranga biturutse kuri bamwe muri bo bagendaga babona amasezera abaha amafaranga buri muntu kugiti cye bityo abatarabonaga aho bakura amafara bigenda byica umubano wabo bitewe nuko bamwe bateraga imbere abandi basubira inyuma.
Reka tugaruke ku mico mibi basigiye urubyiruko rw’abanyarwanda
Batumye urubyiruko rwiyumvamo ibiyobya bwenjye biyita ngo ni aba tough ntawutazi iryo jambo aho rigejeje urubyiruko ubu dore ko umubare wabankwa ibiyobya bwenjye uri kwiyogera
Kwaga abandi bahanzi babiyita ko injyana ya mbere ari hip hop ugasanga abandi bahanzi babita nmgo ni abatinganyi bityo umubare wabakunda hip hop ugenda wiyogera
Bigishije urubyiruko kwambara imyenda itiyubashye ndetse imvugo ikanjyana n’injyendo bagenda nk’ibimuga yewe imyenda igeraho ibitirirwa nk’urugerao hari imyenda yo heru yiswe ngo ni FIRE MAN ndetse n’ibimentso by’itsinda ryabo biracicikna
Batoje urubyiruko kuvuga imvugo nyandagazi biturutse kumagambo bakoresha mubihagangano mbyabo bityo buri munyarwanda kugirango yumve ibihangano akabanza gusobanuza ayo magambo agera aho ahunduka imvugo y’urubyiruko kugeza ubu.
Ubutumwa bwanyuma bagiye banyuza mu ndirimbo zabo harimo kumvisha buri muhanzi w’umunyarwanda ko kuririmba buri gihe utagirana n’ibibazo ndetse bagiye babinyuza munzira zitari nziza ubwabo bakoresha imvugo nyandagazi ,basebanya ubwabo yewe bizanokugera ku rwego ubwabo batukana kurwego rwo hejuru.
https://www.youtube.com/watch?v=AJJwvcXTfU0
-
inyigisho14 hours ago
Bimwe mu bintu bibi umukunzi wawe ashobora kugukorera ukababara cyane kurusha kumufata aguca inyuma.
-
Imyidagaduro16 hours ago
Ndimbati bamuguyeho atetse igikoma kubera gahunda ya Guma mu Rugo |Asekeje abantu imbavu zirashya(VIDEO)
-
Imyidagaduro17 hours ago
Miss Vanessa ati « nakorewe mu ijuru nteranyirizwa muri Afurika »
-
Imyidagaduro18 hours ago
Yolo The Queen yagiriye inama abasore bakururwa n’imiterere y’abakobwa ku mbuga nkoranyambaga
-
Imyidagaduro11 hours ago
Miss Jordan Mushambokazi mu munyenga w’urukundo n’umusore bitegura kurushinga
-
Imyidagaduro16 hours ago
Kechapu wo muri Bamenya yerekanye imodoka ihenze asigaye agendamo|Yavuze icyo akundira ShaddyBoo |yakebuye ba SlayQueen (VIDEO)
-
Hanze17 hours ago
Zari Hassan yacyuriye Tanasha Donna ko inzara ariyo yamukuye iwe ikamujyana kwa Diamond Platnumz
-
imikino13 hours ago
Abakinnyi 11 b’Amavubi bashobora kubanza mu kibuga ku mukino w’uyu munsi bamaze gushyirwa ahagaragara