in

Dore icyo abayobozi bakuru bijeje abakinnyi ubwo babasuraga i Huye

Minsitiri wa Siporo na perezida wa Ferwafa Olivier, baraye basuye amavubi kugira ngo bamenye uko biteguye ndetse n’ikibura kugira ngo bazitware neza.

Ubuyobozi bukuru bwijeje abakinnyi ko abanyarwanda babashyigikiye ndetse babitezeho byinshi cyane ikindi kandi ko nibaramuka bitwaye neza bagasezerera Ethiopia bazahabwa agashimwe kanogeye amaso.

Bibukijwe kandi ibigwi amavubi afite imbere ya Ethiopia ndetse ko iki aricyo gihe cyo kugira ngo bemeze abanyarwanda n’abanya-Ethiopia ko Amavubi ari ikipe itsinda ndetse n’inyungu ku mukinnyi zikazamuka harimo nko kubona ikipe hanze y’igihugu.

Umukino ubura iminsi ibiri yonyine, watangiye kuvugisha abatari bake nyuma y’uko banganyirije muri Tanzania 0-0.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kereka utazashaka kwinjira, Amavubi yatanze ubunani ku biciro byo kwinjira ku mukino na Ethiopia

MU MAFOTO 10 Atoranyije: Ihere amaso ubwiza n’ikimero bw’umukobwa Edouce Softman agiye gushyira mu mago