in

Dore icyabaye kugira ngo Marina abe nyirantabwa muri The Mane

Mu ndirimbo Vanilla umuhanzikazi Marina amaze iminsi asohoye nta kirango na kimwe cya The Mane Kigarara muri iyo ndirimbo byatumye abantu bibaza impamvu yabyo.

Mu biganiro byabo batifuje ko hari itangazamakuru ryabimenya, aba bombi bumvikanye ko bakwiye gutandukana gutwari ndetse bagakomeza gufashanya nk’inshuti.

Ibi byavuye mu nama yahuje Bad Rama na Marina ku mikoranire yabo basanga igoye bemera gusesa amasezerano bari bafitanye hanyuma buri wese akirwanaho.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ubu ni ubugome bw’indengakamere: Umuryango w’abana 5 n’umugore utwite inda nkuru bakorewe igikorwa cy’ubunyamanswa gishobora no guhitana ubuzima bwabo 

Rayon Sports yacurikiye APR FC mu mpanga mu gihe abantu bahugiye ku ikipe y’igihigu