in

Dore ibisabwa kugira ngo ube umuhinzi w’urumogi hano mu Rwanda

Nubwo urumogi kurunywa ari ikiyobyabwenge, ariko iyo rutunganyijwe hakagira ibindi byongerwamo rugatunganywa neza havamo ibintu byagirira akamaro ubuzima bw’abantu gusa ikibi ni ukurunywa kuko ruhita rwica umuntu aho kumukiza.

Mu minsi yashize, nibwo hatangajwe ko urumogi rugiye kwemerwa guhingwa hano mu Rwanda kugira ngo bifashe mu buvuzi gusa ariko nubwo ruzahingwa, si buri wese uzajya ushaka guhinga ngo abyuke ajya guhinga nk’uhinga ibishyimbo.

Ikigo cya RICA cyasohoye itangazo ry’inyandiko yuzuzwa mbere yo kwemererwa guhinga urumogi hanyuma uwitwa Karangwa kuri Twitter arisangiza abamukurikirana barenga 100k birisamira hejuru.

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking news: Mu bwongereza umutoza Steven Gerrard amaze kwirukanwa

Mu mafoto: Reba urukundo Harmonize akunda ikipe afana byakataraboneka n’ibihe byiza bagiranye