in

Dore amafoto ya Papa Francisco yagaragaye ari gusangira ifunguro n’abakene nyakujya yakoze ku mitima y’abantu benshi

Mu kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe abakene, wizihizwa ku nshuro ya gatandatu, ku cyumweru tariki ya 13 Ugushyingo 2022, Kiliziya Gatolika yizihizaga umunsi wa 6 w’abakene nyakujya. Papa Francisco yagaragaye asangira ifunguro n’abakene batuye i Roma, mu rwego rwo kwisanisha nabo.

Uyu munsi washyizweho na Papa Fransisiko mu mpera z’umwaka w’Impuhwe, “kugira ngo ku isi hose imiryango y’Abakristu ishobore kuba ikimenyetso gikomeye cy’urukundo rwa Kristo”.

Mu butumwa yagejeje kubari muri owo munsi mpuzamahanga w’uyu mwaka w’abakene, Papa Francis yavuze ko nta mukiristo usonewe gufasha abafite amikoro make kuturusha.

Ikintu kibi cyane gishobora kubaho ku muryango wa gikirisitu ni “ukayoborwa n’ikigirwamana cy’ubutunzi, bikarangira biduhambiriye ku cyerekezo giteye ubwoba kandi gihomba ubuzima”. Icyangombwa ni ukuzamurana amaboko no gushyira kwizera kwacu mu bikorwa binyuze mu buryo butaziguye, budashobora gutangwa. ”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo wo muri Kicukiro uherutse kwica umugore we by’urubozo amuteraguye ibyuma yavuze icyabimuteye

Umunyamategeko Mpuzamahanga yagiriye inama ikomeye APR FC ishobora kwishyura umutoza Mohammed Adil arenga miliyoni 570