in ,

Donald Trump yakuyeho iteka rikomeye muri leta zunze ubumwe za Amerika

President Donald Trump yakuyeho iteka rikomeye cyane kijyanye cyari cyaratangijwe na President Clinton kigakomezwa na President Bush ndetse kigashimangirwa na President Obama.

Nkuko tubikesha Dailymail, President Donald Trump yakuyeho ifunguro rikomeye cyane ryo ku munsi wo gusoza igisibo cya Ramadan. Mu myaka  yashize abaperezida ba leta zunze ubumwe za Amerika bari barahaye agaciro iri funguro gusa Perezida Donald Trump yahisemo kurikuraho burundu.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Irebere ifoto ya Cristiano Ronaldo iri kuvugisha abantu batari bake

These food gadgets will blow your mind off