in

DJ Dizzo uherutse gutangaza ko asigaje iminsi mike ku isi ubu yavuze aho agiye gutaramira

DJ Dizzo uherutse gutangaza ko asigaje iminsi mike ku isi ubu yavuze aho agiye gutaramira.

Amazina ye yukuri ni Mutambuka Derrick ariko yamamaye nka Dj Dizzo kubera inkuru yababaje bensji ubwo yavugaga ko asigaje iminsi mike ku isi.

Ubu ahantu yateguje ko agiye gutaramira ni i Rubavu mu mujyi wa Gisenyi hagati.

Yagize ati “Bwa nyuma birabaye abanya-Ruvavu muriteguye, mumbwire niba mwiteguye, mureke dukore amateka. Muzareke turuhukire kuri icyo kiyaga cyiza kiri mu gihugu cyacu.”

Uyu musore wazamuye amarangamutima ya benshi kubera inkuru ye iteye agahinda y’uko asigaje iminsi mbarwa ku isi kubera indawara ya cancer basanze arwaye yaramurenze.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kamonyi: Umusore ushinjwa gusambanya mwinshywa we w’imyaka 7 yatorotse yambaye amapingu

Ballon d’Or yaratwanzwe nta mpaka zibaye ariko igihembo k’ikipe nziza cyahawe Manchester City cyateje impaka