in

Disi benshi ntabwo bigeze babimenya! Hamaze kumenyekana ibintu bikomeye byakozwe n’umutoza wa Rayon Sports bigatuma yirukanwa kandi yaratsinze APR FC na Kiyovu Sports 

Disi benshi ntabwo bigeze babimenya! Hamaze kumenyekana ibintu bikomeye byakozwe n’umutoza wa Rayon Sports bigatuma yirukanwa kandi yaratsinze APR FC na Kiyovu Sports.

Yamen Zelfani wafashije Rayon Sports guhana APR FC ndetse na Kiyovu Sports ku munsi w’ejo nibwo yeretswe umuryango n’ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports kubwumvikane bw’impande zombi gusa uyu mugabo bivugwa ko yazize imwe mu myitwarire itari myiza yagiye agaragaza mu gihe gito yatoje iyi kipe.

Bimwe mu byo Yamen Zelfani yazize kwisonga harimo imyitwarire ye itari myiza dore ko yahoraga ashyamirana n’abakinnyi bya hato na hato  bigatuma mu ikipe hazamo umwuka mubi.

Yamen Zelfani mu byo yazize harimo kubura itike yo kwerekeza mu matsinda ya CAF Confederations Cup kandi Rayon Sports yarifite amahirwe menshi yo kubona itike ariko bikarangira ikipe ya Al Hilal Bengazi iyigarikiye kuri Kigali Pele Stadium.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

RIP Clement! Umugabo yafashe icyemezo cy’ububwa nyuma yo kunanirwa umugore we yabyaje abana batanu

The Ben baramucuruje atabizi ! Abateguye igitaramo cya The Ben mu Bujumbura barashinjwa kugurisha The Ben mu ibanga ubundi byose bakabishyira kuri Muyoboke