in

Diamond Platnumz Na The Ben Bagaragaye Bari Mu Mishinga Ikomeye (Video)

The Ben yatangaje ko ari gukora kuri Album ye nshya ariko akaba ataratangaza igihe izasohokera cyangwa se andi makuru arambuye kuriyi album. The Ben umaze iminsi muri Tanzaniya ndetse akaba yaranatumijeho umusore utunganya imiziki hano mu Rwanda witwa Producer MadeBeats, birakekwa ko yaba ari gukora imishinga ikomeye irimo gukorana n’abahanzi bakomeye muriki gihugu.

The Ben kurubu akaba yasangije abakunzi be amashusho yashyizwe kuri instagram story ya Diamond bari muri studio na Diamond Platnumz, Producer MadeBeats, Producer wa Diamond Lizer Classic, ndetse na DJ wa Diamond bita Rommy Jons. Bikaba bivuzeko ntakabuza Diamond na The Ben bari gukorana indirimbo ishobora kuzaba iri kuri album ye nshyashya.

 

 

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru isekeje y’umugabo washakaga kurongora umukobwa wa Obama

Bimwe mu bintu 10 wakora bigafasha ubwonko gukora neza