in

Diamond Platnumz adaciye ku ruhande yavuze umuhanzi yasaruyemo akavagari k’amafaranga hagati ya Rayvanny na Harmonize

Umuhanzi uyoboye umuziki wo muri Afurika y’i Burasirazuba (EAC), Diamond Platnumz yavuze ko Rayvanny ariwe wishyuye amafaranga menshi ubwo yashakaga gusohoka muri Label ya Wasafi.

Diamond Platnumz aganira na Wasafi TV yabajijwe umuhanzi wishyuye amafaranga menshi hagati ya Harmonize na Rayvanny kugira ngo babone uburenganzira bwo gusohoka muri Label ya Wasafi, maze Diamond Platnumz asubiza ko ari Rayvanny.

Ntabwo Diamond Platnumz yeruye ngo avuge akavagari k’amafaranga buri wese yatanze, gusa amakuru yizewe ava mu gihugu cya Tanzania ni uko Harmonize yishyuye miliyoni 500 z’Amashilingi mu gihe Rayvanny yishyuye miliyoni 800 z’Amashilingi ya Tanzania.

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uwahengereje yayibonye!! Bruce Melodie yaje ku rubyiniro yambaye ipantaro yacitse imbere ku bugabo (Videwo)

Inkuru nziza ku bakunzi ba Safi Madiba batangiye umwaka wa 2023 bahabwa impano n’uyu muhanzi ukundwa n’abenshi