in

Déodorants na Parfums abantu barazitiranya nyamara ntabwo ari zimwe| dore aho zitandukaniye dore n’aho zikoreshwa

Abantu benshi muri iki gihe ndetse no mu gihe cyashize bazi amazina ya Déodorants ndetse na Parfums nyamara usanga benshi batazi kubitandukanya. Hano twabegeranyije rimwe mu matandukanira ya déodorants na parfums.

Déodorant ikuraho cyangwa ikagabanya impumuro y’ikintu. Naho parfum yo ntacyo ihindura ku cyuya cyawe, ahubwo iyo ufite impumuro runaka nayo yongeraho akayo. Mu cyumba cy’abageni haterwa parfum, mu cyumba cy’umubyeyi ushobora kuyiteramo, ariko ku murambo uzateraho deodorant. Deodorant rero niyo yemerewe abanuka igikara, kandi iterwa mu kwaha. Parfum yo akenshi iba ihumura nk’indabo runaka, izo yakuwemo. Yiterwa n’abadafite ikibazo cy’ibyuya.

Zimwe muri déodorants zizwi
Zimwe muri parfums zizwi

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Niba ujya ugira ibyuya binuka, ibi byagufasha!

Nadia wo muri City maid avuze ku musore wamwatse ruswa y’igitsina| Ku bamwita slayqueen umva icyo ababwira