in

Davis D yashimangiye ko ari umwami w’abana aho yari ari i Burayi (Amafoto)

Umuhanzi Davis D akomeje gushimangira ko ari umwami w’abana, aho amaze ukwezi i Burayi mu bitaramo yari afiteyo.

Davis D amaze ukwezi azenguruka Iburayi mu bitaramo byitabirwaga n’abiganjemo igitsina gore bakunda ndetse bakururwa n’ibihangano by’uyu muhanzi ukomeye mu Rwanda.

Muri urwo rugendo rw’akozi yagiye agaragara ari kumwe n’abakobwa b’ingeri zitandukanye kandi b’uburanga bari bishimiye uyu musore.

Amakuru avuga ko muri icyo gihe cyose amaze i Burayi ko hari n’amashusho yafatiwe yo azakoresha mu ndirimbo ye izasohoka mu minsi iri imbere.

Amafoto.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ukomeje kwiyitirira Rock Kimomo bigiye kumukoraho

Hamissa Mobetto warwaje ab’igitsina gabo imitima yahishuye ikintu gikomeye kuri bo