in

Davis D atangaje igihe azakorera ubukwe, burya ngo yigeze kujyana amafaranga y’ishuri muri stidio. Kuricyira byinshi kuri we

Umuhanzi nyarwanda Davis D umaze iminsi mu bitaramo bizenguruka isi dore ko yagiye muri Polonye, Ubufaransa, Ubudage, Suwede, Congo no mu Burundi ndetse n’ahandi henshi ku isi.

Mu kiganiro yagiranye na radiyo Rwanda yatangaje ko ibitaramo bye byose byagenze neza abantu baritabiriye, yavuze agashya kamubayeho mu gihe yari ari gutaramira aba Congoman bashakaga kumukoraho maze baza kumukurura ukuguru maze aragwa.

Ikindi yavuze ko umukunzi we aba muri Paronye kandi ko bateganya gukora ubukwe mu mwaka utaha, yavuze kandi ko ibitaramo amazemo iminsi byamwinjireje agatubutse.

Yateguje abafana be ko hari ibikorwa bibiri yenda gushyira hanze bizagaragaza umusaruro yakuye muri ibyo bitaramo ikindi kandi yabateguje ko agiye ku baha indirimbo azashyira hanze mu cyumweru gitaha.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Hamis Cedric wanyuze muri Rayon Sports yagiriye inama Willy Onana uburyo azajya acececyesha abafana ba Rayon Sports

YEGOB yahuje Abanyamakuru basiporo bakomeye baganira uko itangazamakuru ryagakozwe.