in

Davido mu bahanzi bakoze indirimbo y’igikompe cy’Isi

Indirimbo izakoreshwa mugikombe cy’isi yamaze gusoka.

Ni indirimbo irimo umuhanzi w’umunyafrica ukomeye cyane davido aho irimo abandi bahanzi nka Aisha uturuka mugihugu cya Quatar ndetse na THINIDADI CARDONA.

Aba bakaba Ari bahanzi bahuriye mu ndirimbo izasusurutsa abafana mu gikombe cy’Isi.

Aka arindirimbo Bise hayya hayya(better together) iy’indirimbo ikaba yatangiwe gukurwa k’urwego rwo heju cyane dore ko yari nategerejwe na benshi.

Written by Kubwayo JD

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kapiteni wa rayon sport yatangaje ko ntacyizere cyigikombe kw’ikipe yabo

IFOTO Y’UMUNSI: Miss Igisabo mu bituza by’umukunzi we