in

Cyore:Aryamana n’abagabo 30 bose buri munsi akinjiza agatubutse|umugabo we arabizi|uyu mugore ntasanzwe.

Uyu mugore udasanzwe, yitwa KARIE REDFIELD ni Umwongerezakazi avuga ko aryamana n’abagabo 30 ku munsi ashaka amafaranga yo gutunga umuryango kandi ngo abona amafaranga ahagije ku buryo yishyura n’imisoro ya Leta abikesha uyu mwuga w’uburaya.

Nubwo bimeze bityo ariko, Karie afite umugabo basezeranye, ndetse bafitanye n’abana. Abajijwe impamvu akora uburaya afite umugabo, yavuze ko babyumvikanyeho kandi na we ngo yarabyemeye ko aba indaya ngo bibonere amafaranga.

Ati:”umugabo wanjye azi neza umumaro w’umurimo nkora kuko amafarangaranga mbona aradufasha mubuzima bwacu bwa burimunsi.”

Karie Redfield afite umukozi umucungira umutungo buri munsi yandika mugitabo amafaranga yakoreye akaba buri cyumweru areba amafaranga yinjije.

Aragira ati: “kuryamana n’abagabo 30 ntabwo bitangaje kuko umubiri wanjye nawuhawe ku buntu kandi ngomba kuwukoresha kugirango mbone amafaranga.”

 

Source:the Sun 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yasazijwe n’ibyishimo ubwo yakangukaga agasanga umukunzi we yamwambitse impeta.

Umufana wa Safi Madiba yamubwiye amagambo meza yuzuyemo urukundo rwinshi.