in

Cristiano Ronaldo yasetse ibitekerezo bivuga ko Lionel Messi yakabaye afite Ballon d’Or 5 aho kuba 8

Cristiano Ronaldo yakunze ndetse aranaseka ku gitekerezo yatanze ku mashusho anenga Ballon d’Or ya munani yahawe Messi.

Umunyamakuru yavuze ko Messi yatsinze penaliti esheshatu mu Gikombe cy’Isi ndetse yakabaye yaregukanye Ballon d’Or eshanu, agaragaza ko hari izibwe Haaland, Lewandowski na Xavi/Iniesta.

 

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rubavu: Abanyeshuri ntibariye kubera ko abatetsi bakuwe ku kazi bagasiga baroze igikoni noneho ababasimbuye bacana inkwi zumye zikanga kwaka

Abatuye n’abagenda mu mihanda yo mu mujyi wa Kigali, mu ntara y’Amajyaruguru no mu Burengerazuba basabwe kugenda bitwararitse guhera tariki 31 Ukwakira 2023