in

Cristiano Ronaldo yakoreye agashya bagenzi be bakinana muri Portugal ubwo bajyaga muri Resitora fagitire yose akaba ariwe uyishyura

Cristiano Ronaldo yakoreye agashya abakinnyi bakinana muri Portugal ubwo bajyaga muri Resitora fagitire yose akaba ariwe uyishyura.

Ronaldo watsinze igitego cya penariti mu mukino Portugal yatsinzemo Ghana ibitego 3-2, nyuma yinsinzi bagize bagiye kwishimana basangiritra ku meza amwe.

Ikipe ya Porutugali yagize ibihe byiza byo gusangira nyuma yuko Fernando Santos abahaye ikiruhuko gito nyuma y’insinzi yabo ya mbere.

Nk’uko El Espanol abitangaza ngo Ronaldo yajyanye na bagenzi be gusangira ifunguro muri resitora ya Tatel de Doha iherutse gufungura ku kirwa cya Al Maha.

Bivugwa ko bamaze kwishimana bongeye bagafata bus bagasubira aho babarizwa.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ababyeyi basutse amarira babonye umwarimu ukubita abanyeshuri bunyamaswa

Umugeni wambaye amataye agahengama akomeje kuvugisha abatari bake kuri Twitter