in

Cristiano aciye agahigo kabi yarwaniye igihe kirekire

Mu gihe Messi yacaga agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere ku isi utsinze amakipe menshi atandukanye muri champions league, Cristiano Ronaldo we yatsinze igitego cye cya mbere muri Europa league.

Ni umukino Manchester United yahuyemo na FC Sherrif hanyuma ku nunota wa 38 kuri penalite, Ronaldo atsinda igitego cyiza cyane.

Ronaldo ntiyigeze yifuza gukina Europa league niyo mpamvu yashakaga kuva muri Manchester United ariko abura aho yakwerekeza.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto; Inkweto ya wa murusiya ukinira kiyovu sports yasekeje benshi kubera ukuntu yasaga

“Afite impano kweri” Mbirizi Eric yatangaje umukinnyi ufite impano muri Rayon Sports anahishura abakinnyi yaje mu Rwanda azi kuva kera