in

Claudette ukora inama y’umunsi yagumuye abakobwa ngo ntibagafate impano z’indabo none bari kuzikubita abasore mu maso

Claudette ukora inama y’umunsi aherutse kugumura abakobwa ngo ntibakakire impano z’indabo ngo nacyo zimaze none abahungu bahuye n’uruva gusenya.

Ku munsi w’ejo hashije nibwo yari umunsi w’abakundana uzwi nka Saint Valante aho impano zacicikanaga Impande zose mu bakundana ariko hari bamwe ba bibabariyemo kubera gutanga impano z’indabo bakazikubitwa mu maso.

Hari mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Irene Murindahabi amubajije impamvu abakobwa bakunda impano z’indabo agiye kumusubiza amubwira ko abakobwa badakwiye kwemera guhabwa impano z’indabo kuko nacyo zimaze nubundi gashira iminsi bakazijugunya ahubwo bajye bakira impano zifatika zizabagirara akamaro.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Reba amashusho y’umugabo warize yigaragura hasi nk’umwana / impamvu yabimuteye iratangaje

Rwanda: Umusore w’imyaka 20 yasigaranye umugore wa papa we nyuma y’uko se yitabye Imana none ubu ari mu ihurizo rikomeye