in

Clapton Kibonge yasubije mu buryo busekeje umufana we wamubwiye ko hari umumama yumvise avuga ko hari filime isigaye imubuza kujya gusenga

Umunyarwenya Clapton Kibonge yasubije umwe mu bafana be wamwandikiye kuri whatsapp amubwira ko hari umumama wigeze gusaba imbabazi avuga ko hari filime nyarwanda yamutwaye umwanya isigaye ituma atakibona umwanya wo kujya imbere y’Imana.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa instagram, Clapton Kibonge yeretse abamukurikira ubutumwa uyu mufana yamwandikiye kuri whatsapp aho yerekanye ko nyuma yo kumva ibyo uyu mufana yari amaze kumubwira mu gusoza yahise amusubiza akoresheje uturango twi guseka (🤣🤣🤣).

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wiba umwana musore,umukobwa nakubaza ibi bibazo uzamenye ko kabaye

Andy Bumuntu yahishuye uko ahuza umuziki, itangazamakuru no gukora amashanyarazi byose akabikora neza