in

NdabikunzeNdabikunze NdababayeNdababaye NDASETSENDASETSE

Christopher yahaye igisubizo gisekeje umufana wamubajije igihe azashakira umugore

Ku munsi w’ejo nibwo Umuhanzi Christopher abinyujije kuri story ya instagram ye yasabye abafana be ko bamubaza ibibazo bashaka maze nawe akabasubiza.

Umwe nu bafana ba Christopher yahise amubaza igihe azashakira umugore. Umufana yagize ati « Ko utari umwana cyane utegereje iki? ». Christopher yamusubije mu magambo agira ati « Iyo cyane nivaho tu! ».

Christopher ni umwe mu bahanzi bakomeye U Rwanda rufite

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dj Iraa yavamo umuzamu mwiza! Anita Pendo, Gitego na Dj Iraa bacongeye ruhago muri Studio (Amafoto)

Agahinda k’umusaza wagiye gushakira inka ubwatsi agasanga abagore be bararongowe n’abandi||Dore uko byagenze.