in

Carlos yaserukanye n’umugore we mwiza cyane, Bruce Melodie we yaje nk’icyamamare! Amafoto y’umutoza w’Amavubi Carlos Alós na Bruce Melodie barebye umukino wahuje Gorilla FC na APR FC 

Mu mukino wa nyuma wa shampiyona y’umupira w’amaguru mu Rwanda wahuje ikipe ya Gorilla FC na APR FC, hari bamwe mu byamamare bari bawitabiriye.

Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi Carlos Alós, ari kumwe n’umuryango we, baje kureba uyu umukino warangiye APR FC itwaye igikombe yegukanye ku nshuro ya 21 nyuma yo gutsinda Gorilla ibitego 2-1, igitwara irusha Kiyovu Sports ibitego yari izigamye kubera ko zari zinganya amanota 63.

Uyu mukino kandi hagaragayemo umuhanzi Bruce Melodie usanzwe ariwe wamamaza Primus kandi nayo ikaba ariyo itera inkunga shampiyona.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Yannick Mukunzi yatsinze igitego kimuganisha mu nzira nziza yo kongera gukenerwa n’ikipe y’igihugu Amavubi (video)

Inseko ye y’urumenesha yagarutsweho! Amashusho ya Miss Mutesi Jolly ibyishimo byamurenze yatitije urubuga rwa Instagram – VIDEWO