in

Byiringiro Lague yavuze impamvu ibabaje ikomeje gutuma aterekeza muri Sweden gukinira ikipe ya Sandvikens IF ikinamo Mukunzi Yannick

Rutahizamu w’Ikipe y’Igihugu Amavubi, Byiringiro Lague yatangaje ko impamvu iri gutuma aterekeza muri Sweden ari uko atari yabona Visa.

Mu ntangiriro z’umwaka wa 2023, n’ubwo Byiringiro Lague yaguzwe na Sandvikens IF akabakaba miliyoni 200 z’Amanyarwanda akaba azayisinyira imyaka itatu.

Uyu mukinnyi yagombaga kuba yaragiye ku itariki ya 15 Gashyantare 2023, ariko aracyari mu Rwanda bitewe n’uko atari yabona Visa.

Byiringiro Lague ni umwe mu bakinnyi b’Abanyarwanda bafite impano idashidikanywaho akaba yari amaze imyaka irenga itatu ari umukinnyi w’inkingi ya mwamba mu Ikipe y’Ingabo z’Igihugu.

Ivomo : BB FM Umwezi

Written by Social Mula

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Videwo y’umunsi; umucecuru w’imyaka 70 yagaragaye yigana uko Rashiford aserebura

Menya byinshi ku rurenda n’ububobere biza mu gitsina cy’umugore n’impamvu hari bamwe batagira ubu bubobere