in

Byiringiro Lague uri mu bakinnyi 11 babanje mu Mavubi, yinjiye mu kibuga akanyamuneza ari kose nyuma yo kubona ubutumwa ikipe akinamo i Burayi yamugeneye

Mbere y’uko umukino uri guhuza ikipe y’igihugu Amavubi na Zimbabwe utangira, ikipe ya Sandviken IF ikinamo abanyarwanda nka Byiringiro Lague na Yannick Mukunzi, yageneye ubutumwa uyu rutahizamu uri mu bakinnyi 11 babanje mu kibuga ku ruhande rw’Amavubi.

Sandviken IF ibinyujije ku mbuga nkoranyambaga zayo, yagize iti “Lague Byiringiro ubu ari murugo mu Rwanda aho azakina amajonjora yo gushaka itike yo kuzakina igikombe cyisi.

Uyu munsi hari umukino na Zimbabwe naho kuwa kabiri bahura na Afrika yepfo. Imikino yombi ikinirwa murugo. Amahirwe masa, Lague!.”

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Haraca uwambaye! Dore abakinnyi bemejwe Amavubi agiye kwifashisha akina na Zimbabwe ndetse nabo Zimbabwe igiye kwifashisha

Yegereye Imana: Titi Brown yageze muri gereza ya Mageragere bituma yongera kwegera Imana yari yarateye umugongo