in

Byiringiro Lague ari guhigwa bukware n’abakinnyi bagenzi yaririye amafaranga

Rutahizamu w’Amavubi, Byiringiro Lague, uheruka kugurwa miliyoni 45 FRW, ahembwa 2,500,000 FRW ku kwezi. Gusa, kuri ubu ari kotswa igitutu n’abo abereyemo imyenda.

Pacifique Ngabonziza aramwishyuza ibihumbi 300 FRW, mu gihe Ishimwe Christian amugomba ibihumbi 200 FRW. Nanone, Mutsinzi Ange na we aramwishyuza asaga 1,500,000 FRW.

Ibi bibazo by’imyenda byashyizwe ahabona n’umunyamakuru Roben Ngabo, bikaba byibajijweho na benshi mu bakurikiranira hafi ruhago yo mu Rwanda.

Written by Charry

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Rwaka Claude yagizwe umutoza wungirije wa Rayon Sports

“Nareka itangazamakuru” Reagan Rugaju Ku byo kuvanwa mu kiganiro Urubuga rw’imikino