in

Byemejwe: Ferwafa imaze gutangaza imibare mishya y’abakinnyi b’abanyamahanga bemerewe gukina shampiyona y’u Rwanda

Byemejwe: Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda Ferwafa rimaze kwemeza imibare mishya y’abakinnyi b’abanyamahanga bemerewe gukina shampiyona y’u Rwanda.

Ubusanzwe amategeko yavugaga ko abakinnyi b’abanyamahanga batangomba kurenga abakinnyi batanu kuri buri kipe gusa ubu hari amakuru meza y’uko abakinnyi bavuye kuri batanu bakaba barindwi muri uyu mwaka w’imikino wa 2023-2024.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Wagira ngo n’umwana na Se: Amafoto ya Rusine Patrick ahagararanye na Deejay Pius akomeje kuvugisha benshi bitewe n’ahantu umwe yageraga undi (Amafoto)

Inzobe ye irashashagirana: Yifashishije amafoto Tanasha Dona yongeye gushotorana (Amafoto)